Isomero ry' Amategeko

Shakisha, iga, kandi wimenyereze ibibazo byose bishoboka bizaza mu kizamini cyawe.

🔍

Mu gihe utwaye ikinyabiziga uva kuri A ugana kuri B, Iki kimenyetso kiri mu muhanda kivuze iki ?

A
B
+
Reba Ibisubizo

Iki kimenyetso kiri mu muhanda kivuze iki ?

A
B
+
Reba Ibisubizo

Ni ikihe icyapa gisobanura umuhanda w'icyerekezo kimwe:

A
B
+
Reba Ibisubizo

Iki cyapa:

A
B
+
Reba Ibisubizo

Muri ibi byapa bikurikira ni ikihe cyerekana ko umuyobozi ukibonye yemerewe gutambuka mbere y'abaturutse aho agana mu nzira ifunganye:

A
B
+
Reba Ibisubizo

Mu byapa bikurikira , ni ikihe cyerekana umuhanda udakomeza:

A
B
+
Reba Ibisubizo

Iki cyapa gisobanura iki aho banyura bazengurutse ?

A
B
+
Reba Ibisubizo

Iki cyapa gisobanura iki mu nkomane ?

A
B
+
Reba Ibisubizo

Ndashaka gupariki ikinyabiga iburyo kunzira y’abanyamaguru

A
B
+
Reba Ibisubizo

Uhereye kuri ibi byapa habujijwe :

A
B
+
Reba Ibisubizo

Umuyobozi wikinyabiziga aritegura kunyuraho ibumoso :

A
B
+
Reba Ibisubizo

Ndi kumuvuduko wa 20km/h. nshobora gukomeza muri iri sangano ry’umuhanda?

A
B
+
Reba Ibisubizo

Mfite uburenganzira bwo gutambuka muri iri sangano ?

A
B
+
Reba Ibisubizo

Ndashaka kugata ibumoso. Imodoka y’icyatsi yaje irahagarara. Ninde ufite uburenganzira bwo gutambuka mbere?

A
B
+
Reba Ibisubizo

Ngomba :

A
B
+
Reba Ibisubizo

Mpagaze mu murongo wo guhagarara umwanya muto

A
B
+
Reba Ibisubizo

Kuri iki cyapa cyo mu muhanda cyambere kintegeka ?

A
B
+
Reba Ibisubizo

Umuhanda wambukiranya inzira ya gariyamoshi

A
B
+
Reba Ibisubizo

Ndashaka gukata iburyo. Biremewe ?

A
B
+
Reba Ibisubizo

K’umuyobozi w’ivatiri, iki cyapa kivuze iki ?

A
B
+
Reba Ibisubizo

Ibi byapa byo mu muhanda birambuza kunyuranaho ibumoso ?

A
B
+
Reba Ibisubizo

Iki kimenyetso gitanzwe n’umukozi ubifitiye ububasha cyo guhagarara :

A
B
+
Reba Ibisubizo

Icyapa kivuga “icyerekezo gitegetswe”kigizwe n’ikirango cy’ibara :

A
B
+
Reba Ibisubizo

Ishusho y’icyapa kivuga’’ugukikira”bitegetswe ni :

A
B
+
Reba Ibisubizo

Ibyapa by’inyongera bishobora kumenyesha.

A
B
+
Reba Ibisubizo

Ibyapa biburira bibereyeho kumenyesha umugenzi :

A
B
+
Reba Ibisubizo

Ibyapa bibuza n’ibitegeka bikurikizwa gusa :

A
B
+
Reba Ibisubizo

Ibyapa biburira nibyo gutambuka mbere birangwa:

A
B
+
Reba Ibisubizo

Icyapa cyerekana ko bibujijwe kuvuza amahoni kirangwa na :

A
B
+
Reba Ibisubizo

Icyapa cyerekana inzira y’amatungo itegetswe giteye:

A
B
+
Reba Ibisubizo

Iyo umuhanda ugabanijemo ibisate bibiri kandi ugendwamo mu byerekezo byombi umuyobozi abujijwe :

A
B
+
Reba Ibisubizo

Icyi cyapa cyerekana :

A
B
+
Reba Ibisubizo

Icyi cyapa gisobanura :

A
B
+
Reba Ibisubizo

Iki cyapa cyerekana :

A
B
+
Reba Ibisubizo

Umuyobozi ubonye ko hari undi umukurikiye ashaka kumunyuraho agomba kubahiriza ibi bikurikira :

A
B
+
Reba Ibisubizo

Iki cyapa kivuga

A
B
+
Reba Ibisubizo

Iki cyapa kigizwe:

A
B
+
Reba Ibisubizo

Utugarurarumuri turi ku ruhande rw’imbere rw’ikinyabiziga tugomba gusa:

A
B
+
Reba Ibisubizo

Iki cyapa gisobanura ibi bikurikira:

A
B
+
Reba Ibisubizo

Iki cyapa kivuga:

A
B
+
Reba Ibisubizo

Ikinyabiziga kigendeshwa na moteri n’ikinyabiziga gikururwa n’inyamaswa ntibishobora gukurura :

A
B
+
Reba Ibisubizo

Icyapa kimenyesha kugendera mu muhanda ubisikanirwamo gifite:

A
B
+
Reba Ibisubizo

Igice cy’inzira nyabagendwa kigarukira kumirongo ibiri yera icagaguye ibangikanye kandi gifite ubugari budahagije kugirango imodoka zitambuke neza kiba ari:

A
B
+
Reba Ibisubizo

Umurongo ucagaguye uvuga ko buri muyobozi abujijwe kuwurenga uretse mu gihe:

A
B
+
Reba Ibisubizo

Amatara ndangacyerekezo agomba kugaragara nijoro igihe ijuru rikeye mu ntera nibura ya:

A
B
+
Reba Ibisubizo

Ugeze mu masangano y’umuhanda aho usanga ibimenyetso bimurika bidakora, wakora iki igihe umukozi ubifiye ububasha aguhaye iki kimenyesto ?

A
B
+
Reba Ibisubizo

Muri ibi byapa ni ubuhe bwoko bw’ibyapa bitegeka byo mu muhanda?

A
B
+
Reba Ibisubizo

Niki umuyobozi w’ikinyabiziga yakora igihe atwaye ikinyabiziga mugihe cy’ibihu,imvura nyinshi, umwuzure cyangwa umukungugu mwinshi ?

A
B
+
Reba Ibisubizo

Umuyobozi w’ikinyabiziga igihe atwaye ikinyabiziga akagira umunaniro utuma yasinzira yakora iki ?

A
B
+
Reba Ibisubizo

Kunyuranaho mw’ikoni :

A
B
+
Reba Ibisubizo

Kuki abanyamaguru batemerewe kwambuka umuhanda mw’ikoni cyangwa hafi y’imodoka ihagaze?

A
B
+
Reba Ibisubizo

Uturebanyuma dukoreshwa:

A
B
+
Reba Ibisubizo

Ibice by’umuhanda byera bigari biteganye n’umurongo ugabanya umuhanda mo ,kabiri bisobanura:

A
B
+
Reba Ibisubizo

Utwaye ikinyabiziga mu muhanda ufite ibyerekezo bibiri .ikinyabiziga imbere yawe cyiragenda buhoro, imbere yawe umuhanda nta kibazo kunyuranaho, ugomba :

A
B
+
Reba Ibisubizo

Mu gihe hari undi muyobozi w’ikinyabiziga ugukurikiye watangiye kukunyuraho :

A
B
+
Reba Ibisubizo

Igihe imodoka iparitse ku nkengero z’umuhanda mugihe cy’ ijoro :

A
B
+
Reba Ibisubizo

Igihe za otobisi zigenewe gutwara banyeshuli zihagaze kugirango zibafate cyangwa bavemo ugomba :

A
B
+
Reba Ibisubizo

Igihe utwaye umuntu mu kinyabiziga cyawe, akibagirwa kwambara umukandara wo kwirinda ibyago ugomba:

A
B
+
Reba Ibisubizo

Ugeze ahari inzira yabanyamaguru barindiriye kwambuka. Ntibatangiye kwambuka , wakora iki?

A
B
+
Reba Ibisubizo

Umuyobozi w’ikinyabizaga ashobora kunyuranaho:

A
B
+
Reba Ibisubizo

Gutwara ikinyabiziga wasinze:

A
B
+
Reba Ibisubizo

Umubare w’abagenzi bemewe gutwarwa mukinyabiziga wanditswe mu :

A
B
+
Reba Ibisubizo

Igihe ubonye icyapa kigaragaza ishuli wakora iki?

A
B
+
Reba Ibisubizo

Umuyobozi w’ikinyabiziga ugendera inyuma y’ikinyabaziga gitwara abagenzi gihagaze gikuramo cyangwa gishyiramo abagenzi agomba :

A
B
+
Reba Ibisubizo

Umuyobozi w’ikinyabiziga yakwitondera iki mbere yuko y’injira munzira banyuramo bazengurutse ?

A
B
+
Reba Ibisubizo

Mbere yuko umuyobozi w’ikinyabiziga akata ibumoso mu nzira nyabagendwa, nihe ikinyabiziga kigomba kuba kiri ?

A
B
+
Reba Ibisubizo

Ni kihe cyerekezo umuyobozi w’ikinyabiziga yinjiriramo iyo ageze aho banyura bazenguruka ?

A
B
+
Reba Ibisubizo

Umuyobozi w’ikinyabiziga yakora iki igihe ageze aho banyura bazenguruka?

A
B
+
Reba Ibisubizo

Igihe umuyobozi w’ikinyabiziga atwaye mu muhanda urombereje w’ibice byinshi agomba kugendera mu kihe gice cy’umuhanda ?

A
B
+
Reba Ibisubizo

Umuyobozi w’ikinyabizaga uri kugendera mu muhanda w’ibyerekezo bibiri nuruhe ruhande rw’umuhanda agomba gukoresha ?

A
B
+
Reba Ibisubizo

Igihe umuyobozi w’ikinyabiziga agendera munzira y’icyerekezo kimwe akifuza gukata ibumoso yakora iki?

A
B
+
Reba Ibisubizo

Niki umuyobozi w’ikinyabiziga yakora igihe agize uruhare mu mpanuka yo mu muhanda , aho ntawakometese ariko ibinyabiziga bikaba byateza icyago cyangwa byafunze umuhanda ?

A
B
+
Reba Ibisubizo

Ni ubuhe buryo bwiza bwakurikizwa igihe hari umuntu wakomerekeye mu mpanuka yo mu muhanda ?

A
B
+
Reba Ibisubizo

Gutinda gutanga ibimenyetso ku muyobozi w’ikinyabiziga ni gute bibangamira abandi bakoresha umuhanda ?

A
B
+
Reba Ibisubizo

Niryari amatara ndanga cyerekezo agomba kugaragazwa kubandi bakoresha umuhanda ?

A
B
+
Reba Ibisubizo

Umuyobozi w’ ikinyabiziga agendera inyuma y’ikindi kinyabizaga akaba adateganya kukinyuraho yakora iki ?

A
B
+
Reba Ibisubizo

Niki umuyobozi w’ikinyabiziga yakora ageze hafi y’inzira ifunganye igihe ahuye n’ikindi kinyabiziga giturutse mukindi cyerekezo?

A
B
+
Reba Ibisubizo

Umuyobozi w’ikinyabiziga yakora iki ahuye n’ikinyabiziga giturutse mukindi kerekezo, gicanye amatara yumuhondo aburira ?

A
B
+
Reba Ibisubizo

Umuyobozi w’ikinyabiziga yakora iki igihe ageze ku kazamuko gashinze cyane ?

A
B
+
Reba Ibisubizo

Ni iki umuyobozi w’ikinyabiziga yakora ahuye n’ishyo ry’amatungo munzira nyabagendwa?

A
B
+
Reba Ibisubizo

Umuyobozi w’ikinyabiziga ugeze mu isangano ry’umuhanda ugenzurwa ni ibimenyetso by’amatara yaka agasanga ataka (adakora), yakora iki?

A
B
+
Reba Ibisubizo

Umurongo w’umweru urombereje uciye hagati mu muhanda uvuze iki?

A
B
+
Reba Ibisubizo

Umuyobozi w’ikinyabiziga yakara iki mu gihe anyuzweho nikindi kinyabiziga?

A
B
+
Reba Ibisubizo

Niki umuyobozi w’ikinyabiziga yakora mugihe ahuye n’ikinyabiziga cyakije itara ry’umuhondo rimyatsa?

A
B
+
Reba Ibisubizo

Niki umuyobozi w’ikinyabiziga yakora abonye otobisi iri kuva aho zagenewe guhagararwamo?

A
B
+
Reba Ibisubizo

Niki umuyobozi w’ikinyabiziga agomba gukora ahuye n’amatungo mu muhanda?

A
B
+
Reba Ibisubizo

Niki umuyobozi w’ikinyabiziga yakora mu gihe abonye icyapa kiburira cya mpande eshatu gitukura mu muhanda?

A
B
+
Reba Ibisubizo

Muri ibi binyabiziga bine ni ikihe kiri mu buryo bwiza bwo gukata ikoni ry’iburyo kiva mu muhanda munini kijya mu muto?

A
B
+
Reba Ibisubizo

Aha niki umuyobozi w’ ikinyabiziga yakora?

A
B
+
Reba Ibisubizo

Aha umuyobozi w’ ikinyabiziga ashobora kunyura kuri aba abanyamagare?

A
B
+
Reba Ibisubizo

Aha niki umuyobozi w’ ikinyabiziga yakora mugihe ashaka kujya iburyo?Aha niki umuyobozi w’ ikinyabiziga yakora mugihe ashaka kujya iburyo?

A
B
+
Reba Ibisubizo

Niki umuyobozi w’ ikinyabiziga akwiriye kumenya mugihe akurikiye umuyobozi wikinyamitende ibiri kandi imodoka y’ umweru iri gusubira inyuma ijya mumuhanda?

A
B
+
Reba Ibisubizo

Niki ugomba gukora igihe wegereye ikimenyetso kimurika kiva mucyatsi kijya mumuhondo?

A
B
+
Reba Ibisubizo

N’iki umuyobozi w’ikinyabiziga yakora aramutse ahumishijwe n’urumuri rw’amatara yikinyabiziga giturutse mu kindi cyerekezo?

A
B
+
Reba Ibisubizo

Ni gute umuyobozi w’ikinyabiziga yanyura kumunyegare hano?

A
B
+
Reba Ibisubizo

Muri ibi binyabiziga n’ikihe gihagaze nabi?

A
B
+
Reba Ibisubizo

N’ayahe matara umuyobozi w’ikinyabiziga agomba gukoresha mugihe cy’ibihu?

A
B
+
Reba Ibisubizo

iki umuyobozi w’ikinyabiziga yakora ashaka gukatira iburyo?

A
B
+
Reba Ibisubizo

Umuyobozi w’ikinyabiziga akurikiye ibinyabiziga bibiri, yifuza kubinyuraho. N’iki yashingiraho mbere yo kubanyuraho?

A
B
+
Reba Ibisubizo

Umuyobozi w’ikinyabiziga ageze hafi y’inzira y’abanyamaguru yakwitwara ate?

A
B
+
Reba Ibisubizo

Nk’umuyobozi w’ikinyabiziga, n’iyihe myitwarire wagira?

A
B
+
Reba Ibisubizo

Umuyobozi w’ikinyabiziga yegereye aho umwana w’umuhungu utwaye akagare k’abana asezera ku nshuti ye . N’iyihe myifatire myiza wagira imbere yabo?

A
B
+
Reba Ibisubizo

N’iyihe myifatire myiza wagira ugeze aho abana bari hafi y’inzira nyabagendwa?

A
B
+
Reba Ibisubizo

Icyemezo cy’Isuzuma ry’ikinyabiziga kimara igihe kingana iki?

A
B
+
Reba Ibisubizo

Kuvuza ihoni bibujijwe:

A
B
+
Reba Ibisubizo

Iyo mu muhanda hashushanyijemo umurongo wera ucagaguye, ntugomba

A
B
+
Reba Ibisubizo

Igihe umuyobozi w’inyamaswa, afite inyamaswa idatuje, asaba ko ibinyabiziga bihagarara:

A
B
+
Reba Ibisubizo

Mu gihe utwaye ikinyabiziga ni joro ucanye amatara maremare ugahura n’ikindi kinyabiziga giturutse mu kindi cyerecyezo:

A
B
+
Reba Ibisubizo

Kunyuranaho bibujijwe gusa igihe:

A
B
+
Reba Ibisubizo

Telephone ngendanwa ntigomba gukoreshwa:

A
B
+
Reba Ibisubizo

Gutwara uzungazunga mu muhanda:

A
B
+
Reba Ibisubizo

Amatara y’urugendo, mu gihe cy’ibihu:

A
B
+
Reba Ibisubizo

Mu gihe Umuntu ufite ubumuga bwo kutabona yambuka umuhanda yitwaje inkoni yera y’abatabona:

A
B
+
Reba Ibisubizo

Ikindi kinyabiziga kiguturutse inyuma kiguterera amatara y’urumuri rumyasa, wakora iki?

A
B
+
Reba Ibisubizo

Mbere yo kunyura ku kindi kinyabiziga, ni ngombwa kumenya ko:

A
B
+
Reba Ibisubizo

Ntibyemewe gukoresha telephone

A
B
+
Reba Ibisubizo

Mugihe ikinyabiziga cyacu bakinyuzeho

A
B
+
Reba Ibisubizo

Ugeze bwa mbere ahabereye impanuka yo mu muhanda harimo inkomere wakora iki ?

A
B
+
Reba Ibisubizo

Mu gihe cy’impanuka mu muhanda n’ubundi bushotoranyi ni yihe nimero ya telefone y’ubutabazi wahamagara :

A
B
+
Reba Ibisubizo

Hejuru y’aka kanunga:

A
B
+
Reba Ibisubizo

Nshobora kunyuraho umuyobozi w’ikinyabiziga wahagaze imbere y’inzira yabanyamaguru?

A
B
+
Reba Ibisubizo

Mbere yo kunyura kumuyobozi w’ikinyabiziga cy’imitende ibiri, ngomba gucana akaranga cyerekezo k’ibumoso?

A
B
+
Reba Ibisubizo

Ni ikihe cyapa cy’inyemerera gutambuka mbere mu masangano y’umuhanda?

A
B
+
Reba Ibisubizo

Uri umuyobozi wa velomoteri, uhuye n’umwe munshuti zawe agusaba ko wa mutwara ukamusiga ku’wundi muhanda. ufite imyaka 18 ariko nta ngofero yindi yabigenewe ufite. wamutwara?

A
B
+
Reba Ibisubizo

Ni ikihe cyapa muri ibi kintegeka gutanga inzira:

A
B
+
Reba Ibisubizo

Mu muhanda ufite uruhererekane rw’amakoni, feri y’urugendo ikoreshwa ryari?

A
B
+
Reba Ibisubizo

iki kimenyetso cyaka kinyemerera gukomeza:

A
B
+
Reba Ibisubizo

Iki cyapa kibuza kunyuranaho ibumoso ku binyabiziga bikurikira :

A
B
+
Reba Ibisubizo

iki cyapa kibuza abayobozi bibinyabiziga kunyuranaho :

A
B
+
Reba Ibisubizo

igice kinzira nyabagendwa gikikijwe n’imirongo ibiri y’umweru iciyemo uduce kandi iteganye :

A
B
+
Reba Ibisubizo

Urenze munsisiro ,ukahasanga ibyapa bibiri iburyo bwawe bimenyesha ko irangira ry’imirimo bitewe nicyo ibyo byapa bemenyesha wagendera kuwuhe muvuduko ?

A
B
+
Reba Ibisubizo

Iki cyapa gisobanura:

A
B
+
Reba Ibisubizo

Iki cyapa gisobanura :

A
B
+
Reba Ibisubizo

Icyapa gikoze mw’ishusho ya mpandeshatu kimenyesha:

A
B
+
Reba Ibisubizo

Umuyobozi usunika ipikipiki agomba gufatwa nka:

A
B
+
Reba Ibisubizo

Uhuye n’ingorane utwaye ikinyabiziga , mu muhanda ufite ibyerekezo bibiri, ufite ikimenyetso kiburira cya mpandeshatu . wagishyira mu ntera ingana iki uvuye aho ikinyabiziga cyahagaze

A
B
+
Reba Ibisubizo

Wakoze impanuka yo mu muhanda , ni ikihe cyangombwa polisi ishobora kugusaba kucyerekana ?

A
B
+
Reba Ibisubizo

Umuyobozi w’ikinyabizaga cy’ikoreye ibintu bishobora gufata inkongi, n’ikihe cyapa cyerekana ko ibyo atwaye biturika by’afata inkongi ?

A
B
+
Reba Ibisubizo

.Ugeze ahabereye impanuka yo mumuhanda bwambere ugasanga abakomeretse bikomeye. wakiriza icyarimwe amatara y’ibyerekezo byombi, niki kindi ushobora gukora?

A
B
+
Reba Ibisubizo

Ni ryari ushobora kwakiriza icyarimwe amatara yose ndangacyerekezo y’ikinyabiziga ?

A
B
+
Reba Ibisubizo

Ikinyabiziga gishya gikenerwa gusuzumwa bwambere nyuma y’igihe kingana iki ?

A
B
+
Reba Ibisubizo

Ni iki gikenewe muri ibi bikurikira kugirango ubashe gutwara imodoka mu muhanda biteganywa nitegeko

A
B
+
Reba Ibisubizo

Muri iri sangano ry’umuhanda hari icyapa gisobanura “guhagarara” n’umurongo wera urombereje munzira . Niyihe mpamvu hari iki cyapa cyo “guhagarara” hano?

A
B
+
Reba Ibisubizo

Umurongo ucagaguye wera mu muhanda usobanura iki?

A
B
+
Reba Ibisubizo

Mubimenyetso bimurika itara ry’icyatsi risobanura iki ?

A
B
+
Reba Ibisubizo

Mubimenyetso bimurika itara ry’umuhondo risobanura iki ?

A
B
+
Reba Ibisubizo

Mu bimenyetso bimurika itara ritukura rivuga iki ?

A
B
+
Reba Ibisubizo

Icyapa gitanga uburenganzira bwo gutambuka mbere kigira iyihe shusho?

A
B
+
Reba Ibisubizo

wakora iki ubonye icyi cyapa ?

A
B
+
Reba Ibisubizo

Iki cyapa gisobanura Iki?

A
B
+
Reba Ibisubizo

Iki Cyapa Gisobanura Iki?

A
B
+
Reba Ibisubizo

Iki cyapa gisobanura iki?

A
B
+
Reba Ibisubizo

Imbere yawe iki cyapa kikubwiye iki ?

A
B
+
Reba Ibisubizo

iki cyapa gisobanura iki ?

A
B
+
Reba Ibisubizo

Nikihe cyapa cyerekena ko nta kinyabiziga gifite moteri cyemerewe kuhanyura?

A
B
+
Reba Ibisubizo

Ibyapa bitegeka bikozwe muyihe shusho?

A
B
+
Reba Ibisubizo

Iki cyapa gisobanura iki ?

A
B
+
Reba Ibisubizo

N’uwuhe muntu ushobora gusimbura ibimenyetso byo mumuhanda, dutegetswe kubaha?

A
B
+
Reba Ibisubizo

Ni hehe byemewe kunyuranaho munzira y’icyerekezo kimwe?

A
B
+
Reba Ibisubizo

Inzira nyabagendwa ifite ibyerekezo bibiri, uruhande rw’ibumoso rudufasha iki ?

A
B
+
Reba Ibisubizo

Icyapa gikurikira kivuze iki?

A
B
+
Reba Ibisubizo

Iki cyapa cyivuga iki?

A
B
+
Reba Ibisubizo

Niki ugomba gukora igihe uhagaze ku muhanda igihe cy’ibihu?

A
B
+
Reba Ibisubizo

Niyihe mpamvu ituma tugomba kugabanya umuvuduko mugihe hari ibihu ?

A
B
+
Reba Ibisubizo

Kumanywa urumuri rudahagije hatabona neza .Ni ayahe matara y’urugendo ugomba gukoresha.

A
B
+
Reba Ibisubizo

Uri hafi kunyura k’umuyobozi w’ikinyamitende. Muri ibi byapa bikurikira nikihe wakwitondera?

A
B
+
Reba Ibisubizo

Wegereye inzira y’abanyamaguru ugasanga bategereje kwambuka. Ugomba gukora iki?

A
B
+
Reba Ibisubizo

Utwaye ikinyabiziga inyuma ya romoruki.umuyobozi wayo akaguha ikimenyetso cyo kumutambukaho iburyo kandi ugana ibumoso, wakora iki ?

A
B
+
Reba Ibisubizo

Wifuza kugana ibumoso imbere yawe. kubera iki ushaka umwanya mwiza kandi uhagije?

A
B
+
Reba Ibisubizo

Igihe ukurikiwe n’ikinyabiziga gitwara abarwayi gicanye amatara y’intabaza arabagirana. Wakora iki ?

A
B
+
Reba Ibisubizo

Niki wakora igihe utabona neza usubira inyuma ?

A
B
+
Reba Ibisubizo

Urimo kugenda munzira nyabagendwa ni gute wanyura k’umuyobozi w’igare?

A
B
+
Reba Ibisubizo

Kuki ugomba gucana amatara mugihe hatangiye kwijima?

A
B
+
Reba Ibisubizo

Mugihe uri murugendo rurerure mumuhanda urombereje w’ibice byinshi.niki wakora mugihe wumva utangiye kugira ibitotsi?

A
B
+
Reba Ibisubizo

Utegereje gukata iburyo kwiherezo ry’umuhanda.ukingirijwe nimodoka ihagaze.niki wakora?

A
B
+
Reba Ibisubizo

Mugihe ukurikiranye na romoruki,n’ukubera iki ugomba gusiga umwanya uhagije hagati yawe nayo?

A
B
+
Reba Ibisubizo

Niki wakora mugihe usanze mu bimenyetso bimurika harimo ibara ry’umuhondo.

A
B
+
Reba Ibisubizo

Niki muribi wakwirinda mugihe ushaka kunyuranaho?

A
B
+
Reba Ibisubizo

Niki wakora mbere y’uko uhindura icyerekezo?

A
B
+
Reba Ibisubizo

Mu gihe telefone yawe ihamagawe utwaye imodoka wakora iki?

A
B
+
Reba Ibisubizo

Ubugari bw’imizigo yikorewe n’ipikipiki ifite akanyabiziga ko kuruhande kimwe n’ubwa romoruki ikuruwe na bene icyo kinyabiziga ntibushobora kurenza ibipimo bikurikira ku bugari bw’icyo kinyabiziga kidapakiye:

A
B
+
Reba Ibisubizo

Nta tara na rimwe cyangwa akagarurarumuri bishobora kuba bifunze kuburyo igice cyabyo cyo hasi cyane kimurika kiba kiri hasi y’ibipimo bikurikira kuva ku butaka igihe ikinyabiziga kidapakiye:

A
B
+
Reba Ibisubizo

Ibinyabiziga bifite ubugari bufite ibipimo bikurikira bigomba kugira amatara ndangaburumbarare

A
B
+
Reba Ibisubizo

Iyo kuva bwije kugeza bukeye cyangwa bitewe n’uko ibihe bimeze nk’igihe cy’ibihu cyangwa cy’imvura bitagishoboka kubona neza muri m 200, udutsiko twose tw’abanyamaguru nk’imperekerane cyangwa udutsiko tw’abanyeshuri bari ku murongo bayobowe n’umwarimu, iyo bagenda mu muhanda ku isonga hakaba hari abantu barenze umwe bagomba kugaragazwa kuburyo bukurikira:

A
B
+
Reba Ibisubizo

Iyo nta mategeko awugabanya by’umwihariko umuvuduko ntarengwa ku modoka zidafite ibizibuza kwiceka kuberako ariko zakozwe ni:

A
B
+
Reba Ibisubizo

Uretse mu mujyi kuyindi mihanda yajyenwe na minisitiri ushinzwe gutwara abantu n’ibintu, uburemere ntarengwa ku binyabiziga bifite imitambiko itatu cyangwa irenga hatarimo mukuzungu ni :

A
B
+
Reba Ibisubizo

Uretse mu mijyi, kuyindi mihanda yagenywe na minisiteri ushinzwe gutwara ibintu n’abantu, uburemere ntarengwa bwemewe ku binyabiziga bifatanye bifite imitambiko itatu ni:

A
B
+
Reba Ibisubizo

Ku mihanda yagenwe na minisitiri ubifite mu nshingano ibyapa biburira n’ibyapa byerekana bigomba kugaragazwa kuva bwije kugera bukeye n’urumuri rwihariye cyangwa amatara ku mihanda cyangwa ibintu ngarurarumuri. Igihe ijuru rikeye intera y’ahagaragara igomba kuba nibura:

A
B
+
Reba Ibisubizo

Inkombe z’inzira nyabagendwa cyangwa z’umuhanda zishobora kugaragazwa n’ibikoresho ngarurarumuri ibyo bikoresho bigomba gushyirwaho ku buryo abagenzi babibona ku buryo bukurikira:

A
B
+
Reba Ibisubizo

Iyo ikinyabiziga kitagikora cyangwa cyoherejwe mu mahanga burundu ibyapa ndanga bigomba gukurwaho bikoherezwa mu biro by’imisoro, ibyo bikorwa mu gihe kingana gute:

A
B
+
Reba Ibisubizo

Iyo harimo indi myanya birabujijwe gutwara ku ntebe y’imbere y’imodoka abana badafite imyaka ikurikira:

A
B
+
Reba Ibisubizo

Imirongo yera iteganye n’umurongo ugabanya umuhanda mo kabiri mu burebure bwawo ugaragaza:

A
B
+
Reba Ibisubizo

Birabujijwe kugenza ibinyabiziga bigendeshwa na moteri na za romoruki zikururwa nabyo, iyo ibiziga byambaye inziga zidahagwa cyangwa inziga zikururuka zifite umubyimba uri hasi ya cm 4. Ariko ibyo ntibikurikizwa ku binyabiziga bikurikira:

A
B
+
Reba Ibisubizo

Ibiziga by’ibinyabiziga bigendeshwa na moteri n’ibya velomoteri kimwe n’ibya romoruki zabyo bigomba kuba byambaye inziga zihagwa zifite amano n’ubujyakuzimu butari munsi ya milimetero imwe ku migongo yabyo yose, n’ubudodo bwabyo ntibugire ahantu na hamwe bugaragara kdi ntibigire aho byacitse bikomeye mu mpande zabyo. Ariko ibyo ntibikurikizwa ku binyabiziga bikurikira:

A
B
+
Reba Ibisubizo

Nibura ikinyabiziga gitegetswe kugira uduhanagurabirahuri dukurikira:

A
B
+
Reba Ibisubizo

Ikinyabiziga ntigishobora kugira amatara arenze abiri y’ubwoko bumwe keretse kubyerekeye amatara akurikira:

A
B
+
Reba Ibisubizo

Nta mwanya n’umwe feri ifungiraho ushobora kurekurana n’ibiziga keretse:

A
B
+
Reba Ibisubizo

Uburyo bukoreshwa kugirango ikinyabiziga kigende gahoro igihe feri idakora neza bwitwa:

A
B
+
Reba Ibisubizo

Amatara maremare y’ikinyabiziga agomba kutamurika mu bihe bikurikira:

A
B
+
Reba Ibisubizo

Birabujijwe guhagarara akanya kanini aha hakurikira:

A
B
+
Reba Ibisubizo

Ahatari mu nsisiro umuvuduko ntarengwa wa velomoteri mu isaha ni:

A
B
+
Reba Ibisubizo

Iyo nta mategeko awugabanya by’umwihariko, umuvuduko ntarengwa w’amapikipiki mu isaha ni:

A
B
+
Reba Ibisubizo

Icyapa cyerekana umuvuduko ntarengwa ikinyabiziga kitagomba kurenza gishyirwa ku binyabiziga bifite uburebure ntarengwa bukurikira:

A
B
+
Reba Ibisubizo

Umuyobozi ugenda mu muhanda igihe ubugari bwawo budatuma anyuranaho nta nkomyi ashobora kunyura mu kayira k’abanyamaguru ariko amaze kureba ibi bikurikira:

A
B
+
Reba Ibisubizo

Iyo ubugari bw’inzira nyabagendwa igenderwamo n’ibinyabiziga budahagije kugirango bibisikane nta nkomyi abagenzi bategetswe:

A
B
+
Reba Ibisubizo

Ikintu cyose cyatuma hahindurwa ibyanditswe bireba nyirikarita cyangwa ibiranga ikinyabiziga kigomba kumenyeshwa ibiro by’imisoro haba mu magambo cyangwa mu ibaruwa ishinganye. Ibyo bikorwa mu gihe kingana gute:

A
B
+
Reba Ibisubizo

Birabujijwe kongera ku mpande z’ikinyabiziga kigendeshwa na moteri cyangwa velomoteri ibi bikurikira:

A
B
+
Reba Ibisubizo

Itara ryo guhagarara ry’ibara ritukura rigomba kuba ridahumisha, kandi rigomba kugaragarira mu ntera ikurikira:

A
B
+
Reba Ibisubizo

Iyo hagati y’uruhande rw’imbere rwa romoruki n’uruhande rw’inyuma rw’ikinyabiziga kiyikurura hari umwanya urenze m 3 ikibizirikanyije kigomba kugaragazwa ku buryo bukurikira iyo amatara y’ikinyabiziga agomba gucanwa:

A
B
+
Reba Ibisubizo

Mu migi no ku yindi mihanda y’igihugu igenwa na minisitiri ushinzwe gutwara abantu n’ibintu uburebure ntarengwa kuri buri mitambiko 3 ifungwaho ibiziga bine ni:

A
B
+
Reba Ibisubizo

Umurongo w’umuhondo ucagaguye uciye ku nkombe nyayo y’umuhanda, umusezero w’inzira y’abanyamaguru cyangwa w’inkengero y’umuhanda yegutse uvuga ibi bikurikira:

A
B
+
Reba Ibisubizo

Icyapa cyerekana uburebure bw’igice cyatera ibyago cyangwa bw’ahantu amabwiriza y’icyo cyapa agomba gukurikizwa kirangwa n’ubuso n’ibimenyetso bikurikira:

A
B
+
Reba Ibisubizo

Icyapa cy’inyongera kerekana aho bagobokera ibinyabiziga kirangwa n’amabara akurikira:

A
B
+
Reba Ibisubizo

Ibyapa bibuza n’ibitegeka bikurikizwa gusa aha hakurikira:

A
B
+
Reba Ibisubizo

Ibinyamitende itatu bifite moteri bigomba kugira amatara akurikira:

A
B
+
Reba Ibisubizo

Gushyira mu muhanda ku buryo budasanzwe ibinyabiziga bikururana birenze bitatu bigomba gutangirwa uruhusa, uretse imashini ihinga iyo zigenda uregendo rutarenze km 25, ibinyabiziga bikururana bitwaye ibyamamazwa n’ibindi biteganwa n’iri teka ariko igiteranyo cy’uburebure bw’ibyo binyabiziga bikururana ntigishobora kurenga ibipimo bikurikira:

A
B
+
Reba Ibisubizo

Uretse bibonewe uruhushya, ubundi birabujijwe gushyira no gukomeza kugendesha imodoka cyangwa romoruki mu nzira nyabagendwa iyo uburemere bw’ibyikorewe burenze uburemere ntarengwa bwemewe n’ikarita iranga ikinyabiziga ariko ibyo ntibikurikizwa ku binyabiziga bikurikira:

A
B
+
Reba Ibisubizo

Ku binyabiziga cyangwa ibinyabiziga bikururana igice kirenga ku biziga ntigishobora kurenga ibipimo bikurikira:

A
B
+
Reba Ibisubizo

Iminyururu n’ibindi byuma bifashisha bishobora kuvanwaho cyangwa binagana, hatabariwemo ibimenyetso byerekana ibyerekezo bigomba gutungurwa ku kinyabiziga ku buryo igihe byizunguza bitarenga impande zihera uburumbarare bw’ikinyabiziga kandi ibyo byuma bifashisha ntibigomba gukururuka ku butaka ariko ibyo ntibibujijwe ku binyabiziga bikurikira:

A
B
+
Reba Ibisubizo

Igice cy’umuhanda kiri hakurya y’umurongo mugari wera udacagaguye ugaragaza inkombe mpimbano y’umuhanda kiba kigenewe ibi bikurikira:

A
B
+
Reba Ibisubizo

Iyo kuva bwije kugeza bukeye cyangwa bitewe n’uko ibintu bimeze bitagishoboka kubona muri m 200, ibinyabiziga cyangwa imitwaro bifite ubugari burenga m 2.50 iyo bigenda mu nzira nyabagendwa bigaragazwa ku buryo bukurikira:

A
B
+
Reba Ibisubizo

Amatara maremare y’ibara ryera cyangwa ry’umuhondo agomba nijoro igihe ijuru rikeye kumurika mu ntera ikurikira ku binyabiziga bifite moteri itarengeje ingufu zigera kuri sentimetero kibe 125

A
B
+
Reba Ibisubizo

Romoruki zifite ubugari ntarengwa bwa sentimetero 80 zishobora gushyirwaho akagarurarumuri kamwe gusa iyo zikuruwe n’ibinyabiziga bikurikira:

A
B
+
Reba Ibisubizo

Kugirango berekane ahantu habi cyane, hakoreshwa ikimenyetso cy’itara ry’umuhondo rimyasa, rivuga uburenganzira bwo gutambuka icyo kimenyetso barushijeho kwitonda. Ese icyo kimenyetso gihindura iki ku mategeko agenga gutambuka mbere:

A
B
+
Reba Ibisubizo

Ikintu cyose cyatuma hahindurwa ibyanditse bireba nyirikarita cyangwa ibiranga ikinyabiziga kigomba kumenyeshwa ibiro by’umusoro haba mu magambo cyangwa mu ibaruwa ishinganye ibyo bikorwa mu gihe kingana gute:

A
B
+
Reba Ibisubizo

Nijoro, amatara yo kubisikana y’ibara ryera cyangwa y’umuhondo agomba, igihe ijoro rikeye kumurika mu muhanda nibura mu ntera ikurikira:

A
B
+
Reba Ibisubizo

Iyo bitewe n’imiterere y’ahantu intera itandukanya icyapa n’ahantu habi iri munsi ya m150 ku buryo bugaragara, iyo ntera yerekanishwa icyapa cy’inyongera giteye ku buryo bukurikira:

A
B
+
Reba Ibisubizo

Mu mujyi no ku mihanda y’igihugu igenwa na minisitiri ushinzwe gutwara abantu n’ibintu, ubwikorere ntarengwa ku ikamyo iyo ariyo yose ntibushobora kurenga ibipimo bikurikira:

A
B
+
Reba Ibisubizo

Iyo imizigo igizwe n’ibinyampeke, ikawa, amakara, ubwatsi bw’amatungo bidahambiriye, ubugari bwayo bushobora kugera kuri m2 na cm75 ariko iyo iyo mizigo ijyanwa mu karere katarenga km25 uvuye aho yapakiriwe, usibye mu nsisiro, ubugari bwayo bushobora kugera ku bipimo bikurikira:

A
B
+
Reba Ibisubizo

Kugirango ikinyabiziga kive ahantu hari urwondo cyangwa hanyerera bidasanzwe hashobora gukoreshwa uburyo bukurikira: a) inziga zishobora gushyirwaho udushyundu

A
B
+
Reba Ibisubizo

Imbibi ziri ku mpera z’ubwihugiko bw’abanyamaguru kandi ziri mu muhanda kimwe n’imbibi n’ibindi bikoresho bigenewe gutuma bagenda mu muhanda nta muvundo zisigwa irangi ry’ibara rikurikira:

A
B
+
Reba Ibisubizo

Ibyapa byereka inkomane y’inzira nyabagendwa n’inzira ya gariyamoshi bigomba iteka kumurikwa cyangwa kugarura urumuri ku buryo bigaragarira nibura mu ntera ikurikira igihe ijuru rikeye:

A
B
+
Reba Ibisubizo

Ibinyabiziga biherekeranyije mu butumwa ntibishobora gutonda uburebure burenga umurongo wa m 500, iyo bibaye bityo ibinyabiziga biherekeranyije mu butumwa bishobora kugabanywamo amatsinda atonze umurongo utarengeje ibipimo bikurikira:

A
B
+
Reba Ibisubizo

Abanyamaguru batatanye cyangwa bagize udutsiko tudafatanyije gahunda kdi batanayobowe n’umwarimu bategetswe kunyura mu tuyira turi ku mpande z’umuhanda no ku nkengero zigiye hejuru uretse ubutaka butsindagiye butandukanya imihanda ibiri bwo kunyurwamo gusa n’aba bakurikira:

A
B
+
Reba Ibisubizo

Iyo ikinyabiziga gihagaritswe n’ijoro ku buryo abayobozi bakigana badashobora kumenya ko kibabereye imbogamizi, kigomba kurangirwa kure n’ikimenyetso cyabigenewe kiri ahantu hagaragara kugirango kiburire hakiri kare abandi bayobozi baza bagisanga, ariko ntibireba ibinyabiziga bikurikira:

A
B
+
Reba Ibisubizo

Uretse igihe hari amategeko yihariye akurikizwa muri ako karere cyangwa imitunganyirize bwite y’aho, ikinyabiziga cyose cyangwa inyamaswa ihagaze umwanya muto cyangwa munini igomba kuba iri aha hakurikira:

A
B
+
Reba Ibisubizo

Iyo akanyabiziga gasunikwa cyangwa ibyo gatwaye bidatuma umuyobozi abona neza imbere ye, uwo muyobozi agomba gukora ibi bikurikira:

A
B
+
Reba Ibisubizo

Iyo kuva bwije kugeza bukeye cyangwa bitewe n’uko ibihe bimeze bitagishoboka kubona neza muri m 200, mu nzira nyabagendwa, romoruki iziritse kuri velomoteri cyangwa ipikipiki idafite akanyabiziga ku ruhande, uretse velomoteri idafite umuyobozi, kandi uburumbarare bwayo, cyangwa bw’ibyo yikoreye bukaba butuma itara ry’ikinyabiziga biyikurura ritagaragara, iyo romoruki igaragazwa ku buryo bukurikira:

A
B
+
Reba Ibisubizo

Birabujijwe kubangamira imigendere isanzwe y’ibindi binyabiziga kubera ibi bikurikira:

A
B
+
Reba Ibisubizo

Ibyapa byerekana icyago cyidahoraho kandi bigenewe kwerekana aho bagana cyangwa aho berekeza umuhanda nk’igihe cy’impanuka cyangwa hari imirimo ikorwa mu muhanda birangwa n’amabara akurikira:

A
B
+
Reba Ibisubizo

Nijoro igihe ijuru rikeye, itara ribonesha icyapa kiranga numero y’ikinyabiziga rigomba gutuma izo numero zisomerwa nibura mu ntera ikurikira:

A
B
+
Reba Ibisubizo

Icyapa cyerekana ko hari amabwiriza yihariye mu buryo bwo kugendera mu cyambu cyangwa ku kibuga cy’indege giteye ku buryo bukurikira:

A
B
+
Reba Ibisubizo

Iyo mu muhanda, imirimo yihariye ubugari butuma abayobozi bagomba kuva mu mwanya wabo usanzwe kugirango bakomeze urugendo, ahategetswe kunyurwa hagaragazwa n’ikimenyetso gishyirwa aho imirimo irangirira mu ruhande rugenderwamo. Icyo kimenyetso kirangwa n’amabara akurikira:

A
B
+
Reba Ibisubizo

Igihe ikorwa ry’imirimo ribangamiye cyane cyangwa buke uburyo bwo kugenda mu nzira nyabagendwa, ahakorerwa imirimo hagaragazwa ku buryo bukurikira:

A
B
+
Reba Ibisubizo

Icyapa cyerekana ahantu amategeko y’ Umuhanda urombeje w’ibice byinshi atangirira gukurikizwa, kirangwa n’ibirango (ibimenyetso) by’amabara akurikira:

A
B
+
Reba Ibisubizo

Icyapa cy’inyongera kigaragaza ikibanza cy’ingando cyangwa cy’abantu benshi bagendera ku nyamaswa kirangwa n’amabara akurikira:

A
B
+
Reba Ibisubizo

Ibinyabiziga bikurikira ntibitegetswe kugira ibimenyetso bibyerekana iyo byambukiranya umuhanda cyangwa bigenda ku ruhande rwawo:

A
B
+
Reba Ibisubizo

Iyo ikinyabiziga gikururwa n’inyamaswa nacyo gikuruye ikindi uburebure bw’ibikururwa bukaba burenga m 18 hatabariwemo icyo kinyabiziga cya mbere kiziritseho hagomba ibi bikurikira:

A
B
+
Reba Ibisubizo

Ibinyabiziga biherekeranyije mu butumwa ntibishobora gutonda uburebure burenga umurongo wa m 500. Iyi bibaye bityo ibinyabiziga biherekeranye mu butumwa bishobora kugabanwamo amatsinda atonze umurongo atarengeje m 50 z’uburebure kdi hagati yayo hakaba byibura m 50 ariko ibyo ntibikurikizwa kubinyabiziga bikurikira:

A
B
+
Reba Ibisubizo

Iyo umukumbi ugizwe n’amatungo maremare arenze ane cyangwa amatungo magufi arenze atandatu mu nzira nyabagendwa iyo hatakibona neza kuburyo umuyobozi abona muri m 200 ugomba kugaragazwa kuburyo bukurikira:

A
B
+
Reba Ibisubizo

Usibye ibinyabiziga by'ingabo z'Igihugu, Ikinyabiziga kigendeshwa na moteri kiriho ibyuma ntamenwa cyangwa ikindi cyose gituma gikoreshwa mu gutera cyangwa mu kwitabara ntigishobora kugenda mu nzira nyabagendwa kidafite uruhushya rwihariye. Urwo ruhushya rutangwa naba bakurikira:

A
B
+
Reba Ibisubizo

Buri modoka yagenewe gutwara abantu, ariko umubare wabo ntarengwa ukaba munsi ya 6 umuyobozi abariwemo igomba kugira imikandara yo kurinda ibyago igenewe aba bakurikira:

A
B
+
Reba Ibisubizo

Icyapa cyerekana ko inzira giteyeho mu ntangiriro idakomeza kigaragazwa n’ikirango (ikimenyetso) cy’amabara akurikira:

A
B
+
Reba Ibisubizo

Icyapa cyerekana ahantu hagenewe guhagararwamo n’imodoka nini zagenewe gutwara abantu cyirangwa n’ubuso bw’amabara akurikira:

A
B
+
Reba Ibisubizo

Uretse igihe hari amategeko yihariye akurikizwa muri ako karere ikinyabiziga cyose gihagaze umwanya muto cyangwa munini, iyo gihagaze mu mwanya wo kuruhande wagenewe abanyamaguru, kugirango bashobore kugenda batagombye kunyura mu muhanda, umuyobozi agombye kubasigira akayira gafite byibura ibipimo bikurikira by’ubugari:

A
B
+
Reba Ibisubizo

Iyo bitagishoboka kubona muri m 200 imodoka zikuruwe n’inyamaswa, ingorofani, inyamaswa zitwaye imizigo cyangwa zigenderwamo kimwe n’amatungo bigomba kurangwa na :

A
B
+
Reba Ibisubizo

Ibimenyetso by’agateganyo bigizwe n’imitemeri y’ibara risa n’icunga rihishije bishobora gusimbura ibi bikurikira:

A
B
+
Reba Ibisubizo

Uretse ku byerekeye imihanda iromboreje y’ibisate byinshi n’imihanda yimodoka igice cy’umuhanda kiri hakurya y’umurongo mugari wera ucibwa ku muhanda ngo ugaragaze inkombe mpimbano zawo kigenewe ibi bikurikira:

A
B
+
Reba Ibisubizo

Amatara ndangaburumbarare agomba kubonwa nijoro igihe ijuru rikeye n’umuyobozi w’ikinyabiziga kiri mu ntera ya :

A
B
+
Reba Ibisubizo

Amatara ndangambere na ndanganyuma y’imodoka zitarengeje m 6 z’uburebure na m 2 z’ubugari habariwemo imitwaro kandi nta kindi kinyabiziga kiziritseho ashobora gusimburwa n’amatara yo guhagarara umwanya munini iyo ibyo binyabiziga bihagaze umwanya muto cyangwa munini mu nsisiro bibangikanye ku ruhande rw’umuhanda. Ayo matara arangwa n’amabara akurikira:

A
B
+
Reba Ibisubizo

Imirongo y’ingabo z’igihugu zigendera kuri gahunda n’utundi dutsiko twose tw’abanyamaguru nk’imperekerane cyangwa udutsiko tw’abanyeshuri iyo bitagishoboka kubona neza muri m200, bagaragazwa ni itara ryera imbere naho inyuma ni itara ry’umutuku ariko iyo uburebure bwiyo mirongo cyangwa bw’utwo dutsiko burenga m6 impande zatwo cyangwa zayo zigaragazwa ku buryo bukurikira:

A
B
+
Reba Ibisubizo

Ibinyabiziga bikurikira bigomba kugira ibikoresho by’ihoni byumvikanira mu ntera ya m 20:

A
B
+
Reba Ibisubizo

Icyapa kivuga ko hatanyurwa mu byerekezo byombi kirangwa n’ubuso bw’ibara rikurikira:

A
B
+
Reba Ibisubizo

Icyapa kibuza kunyura kubindi binyabiziga byose uretse ibinyamitende ibiri n’amapikipiki adafite akanyabiziga ku ruhande gifite ibimenyetso by’amabara akurikira:

A
B
+
Reba Ibisubizo

Amahoni y’ibinyabiziga bigendeshwa na moteri agomba kohereza ijwi ry’injyana imwe rikomeza kandi ridacengera amatwi ariko ibinyabiziga bikurikira bishobora kugira ihoni ridasanzwe ridahuye n’ibivuzwe haruguru:

A
B
+
Reba Ibisubizo

Amatara ndangacyerekezo agomba kuba agizwe n’ibintu bifashe ku rumuri rumyasa, biringaniye ku buryo bigira umubare utari igiharwe ku mpande z’imbere n’inyuma z’ikinyabiziga ayo matara aba afite amabara akurikira:

A
B
+
Reba Ibisubizo

Ibiziga by’ibinyabiziga bigendeshwa na moteri n’ibya velomoteri kimwe n’ibya romoruki zabyo bigomba kuba byambaye inziga zihagwa zifite amano n’ubujyakuzimu butari munsi ya milimetero imwe ku migongo yabyo yose nubudodo bwabyo ntibugire ahantu na hamwe bugaragara kandi ntibugire aho byacitse bikomeye mu mpande zabyo ariko ibyo ntibikurikizwa ku binyabiziga bikurikira:

A
B
+
Reba Ibisubizo

Ahatari mu nsisiro, umuyobozi wese ugenza ikinyabiziga kimwe cyangwa ibinyabiziga bikomatanye bifite uburemere ntarengwa bwemewe burenga ibiro 3500 cyangwa bifite uburebure bwite burenga metero 10 agomba, keretse iyo anyuze cyangwa agiye kunyura ku bindi binyabiziga, gusiga hagati y’ikinyabiziga cye n’iki muri imbere umwanya uhagije kugirango ibinyabiziga bimuhiseho bishobore kuhigobeka bidateje impanuka igihe bibaye ngombwa ariko ibyo ntibikurikizwa mu bihe bikurikira:

A
B
+
Reba Ibisubizo

Inkombe z’inzira nyabagendwa cyangwa z’umuhanda zishobora kugaragazwa n’ibikoresho ngarurarumuri. Ibyo bikoresho bigomba gushyirwaho ku buryo abagenzi babibona ku buryo bukurikira:

A
B
+
Reba Ibisubizo

Ahatari mu nsisiro ibyapa biburira n’ibyapa byo gutambuka mbere bigomba gushyirwa mu ntera ikurikira y’ahantu habyerekana:

A
B
+
Reba Ibisubizo

Ibinyabiziga bigendeshwa na moteri, hatarimo velomoteri n’ibinyabiziga bidapakiye umuvuduko wabyo udashobora kurenga km 50 mu isaha ahateganye bigomba kuba bifite ibikoresho by’ihoni byumvikanira mu ntera ikurikira:

A
B
+
Reba Ibisubizo

Iyo tumuritswe n’amatara y’urugendo y’i kinyabiziga utugarurarumuri tugomba n’ijoro, igihe ijuru rikeye kubonwa n’umuyobozi w’ikinyabiziga kiri mu ntera ikurikira:

A
B
+
Reba Ibisubizo

Nta tara na rimwe cyangwa utugarurarumuri bishobora kuba bifunze kuburyo igice cyabyo cyo hasi cyane kimurika kitaba kiri hasi ya cm 40 kuva ku butaka igihe ikinyabiziga kidapakiye ariko ibyo ntibikurikizwa ku matara akurikira:

A
B
+
Reba Ibisubizo

Itara ndanganyuma rigomba gushyirwa aha hakurikira:

A
B
+
Reba Ibisubizo

Imizigo yikorewe n’amagare, velomoteri, amapikipiki, ibinyamitende by’ibiziga bitatu nibyo ibiziga bine bifite cyangwa bidafite moteri inyuma ntishobora kurenza ibipimo bikurikira:

A
B
+
Reba Ibisubizo

Iyo kuva bwije kugeza bukeye cyangwa bitewe nuko ibihe bimeze nk’igihe cy’igihu cyangwa cy’imvura bitagishoboka kubona neza muri m 200, imirongo y’ingabo z’igihugu zigendera kuri gahunda n’utundi dutsiko twose tw’abanyamaguru nk’imperekerane cyangwa udutsiko tw’abanyeshuri bari ku murongo bayobowe na mwarimu, iyo bagenda mu muhanda ku isonga hakaba hari abantu barenze umwe, bagaragzwa ku buryo bukurikira:

A
B
+
Reba Ibisubizo

Amatara ndangambere n’aya ndanganyuma y’imodoka zitarengeje m 6 z’uburebure na m 2 z’ubugari habariwemo imitwaro kdi nta kinyabiziga kindi kiziritseho ashobora gusimburwa n’amatara akurikira, iyo ibyo binyabiziga bihagaze umwanya muto cyangwa munini munsisiro bibangikanye ku ruhande rw’umuhanda:

A
B
+
Reba Ibisubizo

Guhagarara akanya gato no guhagarara akanya kanini bibujijwe cyane cyane aha hakurikira

A
B
+
Reba Ibisubizo

Iyo banyuze iruhande rw’inkomyi abanyamaguru bagomba gukikira banyuze mu muhanda, abayobozi bagomba gusiga umwanya ufite ubugari bwa m 1 nibura hagati yabo nayo. Iyo ibyo bidashobora kubahirizwa kandi umunyamaguru akaba anyura hafi yiyo nkomyi, umuyobozi agomba kuyikikira afite umuvuduko utarengeje ibipimo bikurikira:

A
B
+
Reba Ibisubizo

Amatara maremare y’ibara ryera cyangwa ry’umuhondo agomba, nijoro igihe ijuru rikeye, kumurika mu muhanda mu ntera ya m 100 nibura imbere y’ikinyabiziga, ariko ku binyabiziga bifite moteri itarengeje za sentimetero kibe 125 iyo ntera igira ibipimo bikurikira:

A
B
+
Reba Ibisubizo

Romoruki zifite ubugari ntarengwa bwa cm 80 zishobora gushyirwaho akagarurarumuri kamwe gusa iyo zikuruwe n’ibinyabiziga bikurikira:

A
B
+
Reba Ibisubizo

Utugarurarumuri turi mu mbavu z’ikinyabiziga tugomba kugira ibara rikurikira:

A
B
+
Reba Ibisubizo

Bumwe muri ubu bwoko bwa feri ituma imodoka iguma aho iri uko yaba yikoreye kose ku muzamuko cyangwa ku gacuri bya 16%, imyanya ya feri igomba gufata igakomeza kwegera kuburyo bw’ibyuma niyo umuyobozi yaba atarimo:

A
B
+
Reba Ibisubizo

Ikinyabiziga cyangwa ibinyabiziga bikururana bifite imitambiko ibiri ikurikiranye mu bugari bwayo ni ukuvuga imitambiko yihindukiza kucyo ifungiyeho, uburebure bwabyo ntibugomba kurenza ibipimo bikurikira:

A
B
+
Reba Ibisubizo

Buri modoka cyangwa buri romoruki ikuruwe n’iyo modoka bishobora kugira itara rituma umuyobozi yerekana ko yabonye ikimenyetso cy’uwitegura kumunyuraho. Iryo tara rifite amabara akurikira:

A
B
+
Reba Ibisubizo

Uretse mu mijyi kuyindi mihanda yagenywe na minisiteri ushinzwe gutwara ibintu n’abantu, uburemere ntarengwa bwemewe ku binyabiziga bifatanye bifite imitambiko itatu ni:

A
B
+
Reba Ibisubizo

Iyo imizigo igizwe n’ibinyampeke, ikawa, ipamba idatonoye, ibishara, ibyatsi, ibishami cyangwa ubwatsi bw’amatungo bidahambiriye uretse amapaki afunze, ubugari bwayo bushobora kugera ku bipimo bikurikira:

A
B
+
Reba Ibisubizo

Iyo amatara y’ikinyabiziga agomba gucanwa kandi igihe imizigo isumba impera y’ikinyabiziga ho metero irenga igice gihera cy’imizigo kigaragazwa ku buryo bukurikira:

A
B
+
Reba Ibisubizo

Ku kinyabiziga cyangwa ibinyabiziga bikururana igice kirenga ku biziga ntikigomba kurenga ibipimo bikurikira:

A
B
+
Reba Ibisubizo

Iyo romoruki iziritse ku kinyamitende, velomoteri n’amapikipiki bidafite akanyabiziga ko kuruhande uretse ikinyamitende na velomoteri bidafite umuyobozi, iyo uburumbarare bwayo cyangwa bw’ibyo yikoreye bituma itara ry’ikinyabiziga gikurura ritagaragara igihe bitagishoboka kubona neza muri m 200 bigomba kugaragazwa ku buryo bukurikira:

A
B
+
Reba Ibisubizo

Ibinyabiziga bihinga n’ibindi bikoresho byihariye bikoreshwa n’ibigo bipatana imirimo, iyo bigenda mu nzira nyabagendwa igihe cya nijoro cyangwa bitewe n’uko ibihe bimeze bitagishoboka kubona neza muri m 200 bishobora kugaragazwa inyuma n’amatara 2 atukura, bipfa kuba bitarenza ibipimo bikurikira:

A
B
+
Reba Ibisubizo

Ibinyabiziga bikurikira bigomba kugira itara ry’ubururu rimyatsa riboneka mu mpande zose:

A
B
+
Reba Ibisubizo

Ubugari bw’imizigo yikorewe n’ipikipiki idafite akanyabiziga ko kuruhande kimwe n’ubwa romoruki ikuruwe na bene icyo kinyabiziga ntibushobora kurenza ibipimo bikurikira:

A
B
+
Reba Ibisubizo

Ibinyabiziga bikurikira bigomba kugira icyerekana umuvuduko kiri aho umuyobozi areba neza kandi kigahora kitabwaho kugirango kigume gukora neza:

A
B
+
Reba Ibisubizo

Buri modoka cyangwa buri romoruki ikuruwe n’iyo modoka bishobora kugira itara risa n’icyatsi kibisi bituma umuyobozi yerekana ko yabonye ikimenyetso cy’uwitegura kumunyuraho. Iryo tara rigomba gushyirwa aha hakurikira:

A
B
+
Reba Ibisubizo

Umurongo mugari wera udacagaguye ushobora gucibwa ku muhanda kugirango ugaragaze ibi bikurikira:

A
B
+
Reba Ibisubizo

Ni ryari ikinyabiziga gishobora kugenda mu muhanda moteri itaka cyangwa vitesi idakora:

A
B
+
Reba Ibisubizo

Ahari hejuru cyane y’ubuso bumurika h’amatara ndangambere na ndanganyuma ntihashobora kuba aharenze ibipimo bikurikira hejuru y’ubutaka iyo ikinyabiziga kidapakiye:

A
B
+
Reba Ibisubizo

Iyo ikinyabiziga gifite amatara abiri cyangwa menshi y’ubwoko bumwe ayo matara agomba kugira ibara rimwe n’ingufu zingana kandi akagomba gushyirwaho ku buryo buteganye uhereye ku murongo ugabanya ikinyabizigamo kabiri mu burebure bwacyo. Ariko ibi ntibikurikizwa ku matara akurikira:

A
B
+
Reba Ibisubizo

Nta tara na rimwe cyangwa akagarurarumuri bishobora kuba bifunze ku buryo igice cyabyo cyo hasi cyane kimurika kitaba kiri hasi y’ibipimo bikurikira kuva ku butaka igihe ikinyabiziga kidapakiye :

A
B
+
Reba Ibisubizo

Ibinyabiziga bifite ubugari bufite ibipimo bikurikira bigomba kugira amatara ndangaburumbarare :

A
B
+
Reba Ibisubizo

Uburemere ntarengwa bwemewe ntibushobora kurenga ½ cy’uburemere bw’ikinyabiziga gikurura nubw’umuyobozi kuri romoruki zikurikira :

A
B
+
Reba Ibisubizo

Imburira zimurika zemerewe gukoreshwa kugirango bamenyeshe umuyobozi ko bagiye kumunyuraho aha hakurikira:

A
B
+
Reba Ibisubizo

Utuyira turi ku mpande z’umuhanda n’ inkengero zigiye hejuru biharirwa abanyamaguru mu bihe bikurikira:

A
B
+
Reba Ibisubizo

Iyo bwije kugeza bukeye cyangwa bitewe n’uko ibihe bimeze nk’igihe cy’ibihu cyangwa cy’imvura bitagishoboka kubona neza muri m 200, udutsiko twose tw’abanyamaguru nk’imperekerane cyangwa udutsiko tw’abanyeshuri bari ku murongo bayobowe n’umwarimu, iyo bagenda mu muhanda ku isonga hakaba hari abantu barenze umwe bagomba kugaragazwa kuburyo bukurikira :

A
B
+
Reba Ibisubizo

Iyo nta mategeko awugabanya by’umwihariko, umuvuduko ntarengwa ku modoka zikoreshwa nk’amavatiri y’ifasi cyangwa amatagisi zifite uburemere bwemewe butarenga kilogarama 3500 ni:

A
B
+
Reba Ibisubizo

Iyo nta mategeko awugabanya by’umwihariko, umuvuduko ntarengwa ku modoka zitwara abagenzi mu buryo bwa rusange ni:

A
B
+
Reba Ibisubizo

Kunyura ku binyabiziga bindi, uretse icy’ibiziga bibiri, bibujijwe aha hakurikira:

A
B
+
Reba Ibisubizo

Ubugari bw’imizigo yikorewe n’ibinyamitende itatu n’ubwiyikorewe n’ibinyamitende 4 bifite cyangwa bidafite moteri kimwe n’ubw’iyikorewe na romuruki zikuruwe n’ibyo binyabiziga ntibushobora kurenga ibipimo bikurikira:

A
B
+
Reba Ibisubizo

Uretse mu mujyi, ku yindi mihanda yajyenwe na minisitiri ushinzwe gutwara abantu n’ibintu, uburemere ntarengwa ku binyabiziga bifite imitambiko itatu cyangwa irenga hatarimo makuzungu ni :

A
B
+
Reba Ibisubizo

Ibizirikisho by’iminyururu cyangwa by’insinga kimwe n’ibindi by’ingoboka bikoreshwa gusa igihe nta kundi umuntu yabigenza kandi nta kindi bigiriwe uretse gusa kugirango ikinyabiziga kigere aho kigomba gukorerwa kandi nturenze na rimwe km 20 mu isaha, ibyo bizirikisho bigaragazwa ku buryo bukurikira:

A
B
+
Reba Ibisubizo

Ni iyihe feri ituma imodoka igenda buhoro kandi igahagarara ku buryo bwizewe bubangutse kandi nyabwo, uko imodoka yaba yikoreye kose yaba igeze ahacuramye cyangwa ahaterera:

A
B
+
Reba Ibisubizo

Ku mihanda ibyapa bikurikira bigomba kugaragazwa ku buryo bumwe:

A
B
+
Reba Ibisubizo

Iyo kuyobya umuhanda ari ngombwa bigaragazwa kuva aho uhera no kuburebure bwawo n’icyapa gifite ubuso bw’amabara akurikira:

A
B
+
Reba Ibisubizo

Inkombe z’inzira nyabagendwa cyangwa z’umuhanda zishobora kugaragazwa n’ibikoresho ngarurarumuri. Ibyo bikoresho bigomba gushyirwaho ku buryo abagenzi babibona :

A
B
+
Reba Ibisubizo

Iyo itara ry’umuhondo rimyatsa rikoreshejwe mu masangano y’amayira ahwanyije agaciro rishyirwa ahagana he:

A
B
+
Reba Ibisubizo

Ibimenyetso bimurika byerekana uburyo bwo kugendera mu muhanda kw'ibinyabiziga bishyirwa iburyo bw'umuhanda. Ariko bishobora no gushyirwa ibumoso cyangwa hejuru y’umuhanda:

A
B
+
Reba Ibisubizo

Ni ryari itegeko rigenga gutambuka mbere kw’iburyo rikurikizwa mu masangano:

A
B
+
Reba Ibisubizo

Icyapa kivuga gutambuka mbere y’ibinyabiziga biturutse imbere gifite amabara akurikira:

A
B
+
Reba Ibisubizo

Iyo hatarimo indi myanya birabujijwe gutwara ku ntebe y’imbere y’imodoka abana badafite imyaka:

A
B
+
Reba Ibisubizo

Ubugari bwa romoruki ntiburenza ubugari bw’ikinyabiziga kiyikurura iyo ikuruwe n’ibinyabiziga bikurikira:

A
B
+
Reba Ibisubizo

Igice cy'inzira nyabagendwa kigarukira ku mirongo ibiri yera icagaguye ibangikanye kandi gifite ubugari budahagije kugirango imodoka zitambuke neza, kiba ari:

A
B
+
Reba Ibisubizo

Birabujijwe kugenza ibinyabiziga bigendeshwa na moteri naza romoruki zikururwa nabyo, iyo ibiziga byambaye inziga zidahagwa cyangwa inziga zikururuka zifite umubyimba uri hasi ya cm 4. Ariko ibyo ntibikurikizwa kubinyabiziga bikurikira:

A
B
+
Reba Ibisubizo

Iyo umuvuduko w’ibinyabiziga bidapakiye ushobora kurenga km50 mu isaha ahategamye, bigomba kuba bifite ibikoresho by’ihoni byumvikanira mu ntera:

A
B
+
Reba Ibisubizo

Itara ryo guhagarara ry’ibara ritukura rigomba kugaragara igihe ijuru rikeye nibura mu ntera ikurikira:

A
B
+
Reba Ibisubizo

Za otobisi zagenewe gutwara abanyeshuri zishobora gushyirwaho amatara abiri asa n’icunga rihishije amyasa kugirango yerekane ko zihagaze no kwerekana ko bagomba kwitonda, ayo matara ashyirwaho ku buryo bukurikira :

A
B
+
Reba Ibisubizo

Ibinyabiziga bikoreshwa nka tagisi, bitegerereza abantu mu nzira nyabagendwa, bishobora gushyirwaho itara ryerekana ko ikinyabiziga kitakodeshejwe. Iryo tara rishyirwaho ku buryo bukurikira:

A
B
+
Reba Ibisubizo

Ubugari bwa romoruki ikuruwe n’igare cyangwa velomoteri ntiburenza ibipimo bikurikira:

A
B
+
Reba Ibisubizo

Ikinyabiziga ntigishobora kugira amatara arenga abiri y’ubwoko bumwe keretse kubyerekeye amatara akurikira:

A
B
+
Reba Ibisubizo

Amatara maremare y’ikinyabiziga agomba kuzimwa mu bihe bikurikira:

A
B
+
Reba Ibisubizo

Nibura ikinyabiziga gitegetswe kugira uduhanagurakirahure tungahe:

A
B
+
Reba Ibisubizo

Uburyo bukoreshwa kugirango ikinyabiziga kigende gahoro igihe feri idakora neza babwita:

A
B
+
Reba Ibisubizo

Iyo nta mategeko awugabanya by’umwihariko umuvuduko ntarengwa w’amapikipiki mu isaha ni:

A
B
+
Reba Ibisubizo

Ku byerekeye kwerekana ibinyabiziga n’ukumurika kwabyo ndetse no kwerekana ihindura ry’ibyerekezo byabyo. Birabujijwe gukora andi matara cyangwa utugarurarumuri uretse ibitegetswe ariko ntibireba amatara akurikira:

A
B
+
Reba Ibisubizo

Umuyobozi ugenda mu muhanda igihe ubugari bwawo budatuma anyuranaho nta nkomyi ashobora kunyura mu kayira k’abanyamaguru ariko amaze kureba ibi bikurikira:

A
B
+
Reba Ibisubizo

Ahatari mu nsisiro umuvuduko ntarengwa mu isaha wa velomoteri ni:

A
B
+
Reba Ibisubizo

Icyapa cyerekana umuvuduko ntarengwa ikinyabiziga kitagomba kurenza gishyirwa gusa ku binyabiziga bifite uburemere ntarengwa bukurikira:

A
B
+
Reba Ibisubizo

Kunyuranaho bikorerwa:

A
B
+
Reba Ibisubizo

Ikinyabiziga kibujijwe guhagarara akanya kanini aha hakurikira :

A
B
+
Reba Ibisubizo

Uburebure bw’ibinyabiziga bikurikira ntibugomba kurenga metero 11 :

A
B
+
Reba Ibisubizo

Ubugari bwa romoruki ikuruwe n’ikinyamitende itatu ntibugomba kurenza ibipimo bikurikira:

A
B
+
Reba Ibisubizo

Ibinyabiziga bikurikira bigomba gukorerwa isuzumwa buri mwaka:

A
B
+
Reba Ibisubizo

Ahantu ho kugendera mu muhanda herekanwa n’ibimenyetso bimurika ibinyabiziga ntibishobora kuhagenda :

A
B
+
Reba Ibisubizo

Umurongo uciyemo uduce umenyesha ahegereye umurongo ushobora kuzuzwa n’uturanga gukata tw’ibara ryera utwo turanga cyerekezo tumenyesha :

A
B
+
Reba Ibisubizo

Ijambo “akayira” bivuga inzira nyabagendwa ifunganye yagenewe gusa:

A
B
+
Reba Ibisubizo

Ikinyabiziga cyose cyangwa ibinyabiziga bigenda bigomba kugira:

A
B
+
Reba Ibisubizo