Bumwe muri ubu bwoko bwa feri ituma imodoka iguma aho iri uko yaba yikoreye kose ku muzamuko cyangwa ku gacuri bya 16%, imyanya ya feri igomba gufata igakomeza kwegera kuburyo bw’ibyuma niyo umuyobozi yaba atarimo:

A
feri yo guhagarara umwanya munini
B
feri y’urugendo
C
feri yo gutabara
D
nta gisubizo cy’ukuri kirimo
💡

Ubusobanuro nyabwo

Igisubizo nyacyo kiboneka ku nyuguti ya A. Ibi bishingiye ku mategeko y'izina kwayo y'umuhanda mu Rwanda.

Witeguye Ikizamini?

Gerageza ikizamini cyuzuye gifite ibibazo 20 nk'ibyo mu kigo cy'igihugu cy'igipolisi.

Tangira Imyitozo →
Igikurikiyeho