Ibinyabiziga biherekeranyije mu butumwa ntibishobora gutonda uburebure burenga umurongo wa m 500. Iyi bibaye bityo ibinyabiziga biherekeranye mu butumwa bishobora kugabanwamo amatsinda atonze umurongo atarengeje m 50 z’uburebure kdi hagati yayo hakaba byibura m 50 ariko ibyo ntibikurikizwa kubinyabiziga bikurikira:

A
ibinyabiziga bya police biherekeranyije
B
ibinyabiziga by’abasirikare biherekeranyije mu nsisiro
C
A na B ni ibisubizo by’ukuri
D
nta gisubizo cy’ukuri kirimo
💡

Ubusobanuro nyabwo

Igisubizo nyacyo kiboneka ku nyuguti ya B. Ibi bishingiye ku mategeko y'izina kwayo y'umuhanda mu Rwanda.

Witeguye Ikizamini?

Gerageza ikizamini cyuzuye gifite ibibazo 20 nk'ibyo mu kigo cy'igihugu cy'igipolisi.

Tangira Imyitozo →
Igikurikiyeho