Iyo kuva bwije kugeza bukeye cyangwa bitewe n’uko ibihe bimeze bitagishoboka kubona neza muri m 200, mu nzira nyabagendwa, romoruki iziritse kuri velomoteri cyangwa ipikipiki idafite akanyabiziga ku ruhande, uretse velomoteri idafite umuyobozi, kandi uburumbarare bwayo, cyangwa bw’ibyo yikoreye bukaba butuma itara ry’ikinyabiziga biyikurura ritagaragara, iyo romoruki igaragazwa ku buryo bukurikira:

A
itara ryera riri kuri romoruki inyuma
B
itara ry’umuhondo riri kuri romoruki inyuma
C
itara risa n’icunga riri kuri romoruki inyuma
D
ibi bisubizo byose nibyo
💡

Ubusobanuro nyabwo

Igisubizo nyacyo kiboneka ku nyuguti ya D. Ibi bishingiye ku mategeko y'izina kwayo y'umuhanda mu Rwanda.

Witeguye Ikizamini?

Gerageza ikizamini cyuzuye gifite ibibazo 20 nk'ibyo mu kigo cy'igihugu cy'igipolisi.

Tangira Imyitozo →
Igikurikiyeho