Iyo ikinyabiziga gihagaritswe n’ijoro ku buryo abayobozi bakigana badashobora kumenya ko kibabereye imbogamizi, kigomba kurangirwa kure n’ikimenyetso cyabigenewe kiri ahantu hagaragara kugirango kiburire hakiri kare abandi bayobozi baza bagisanga, ariko ntibireba ibinyabiziga bikurikira:

A
velomoteri
B
ipikipiki idafite akanyabiziga ku ruhande
C
A na B ni ibisubizo by’ukuri
D
nta gisubizo cy’ukuri kirimo
💡

Ubusobanuro nyabwo

Igisubizo nyacyo kiboneka ku nyuguti ya C. Ibi bishingiye ku mategeko y'izina kwayo y'umuhanda mu Rwanda.

Witeguye Ikizamini?

Gerageza ikizamini cyuzuye gifite ibibazo 20 nk'ibyo mu kigo cy'igihugu cy'igipolisi.

Tangira Imyitozo →
Igikurikiyeho