Imbibi ziri ku mpera z’ubwihugiko bw’abanyamaguru kandi ziri mu muhanda kimwe n’imbibi n’ibindi bikoresho bigenewe gutuma bagenda mu muhanda nta muvundo zisigwa irangi ry’ibara rikurikira:

A
irangi ry’umuhondo ngarurarumuri
B
irangi ry’umweru ngarurarumur
C
irangi risa n’icunga rihishije ngarurarumuri
D
nta gisubizo cy’ukuri kirimo
💡

Ubusobanuro nyabwo

Igisubizo nyacyo kiboneka ku nyuguti ya A. Ibi bishingiye ku mategeko y'izina kwayo y'umuhanda mu Rwanda.

Witeguye Ikizamini?

Gerageza ikizamini cyuzuye gifite ibibazo 20 nk'ibyo mu kigo cy'igihugu cy'igipolisi.

Tangira Imyitozo →
Igikurikiyeho