Birabujijwe kugenza ibinyabiziga bigendeshwa na moteri na za romoruki zikururwa nabyo, iyo ibiziga byambaye inziga zidahagwa
cyangwa inziga zikururuka zifite umubyimba uri hasi ya cm 4. Ariko ibyo ntibikurikizwa ku binyabiziga bikurikira:
A
ku binyabiziga by’ingabo
B
ibinyabiziga bihinga iyo bigendeshwa mu karere katarenga km 25 uvuye aho ziba
C
ibinyabiziga bya police
D
nta gisubizo cy’ukuri kirimo
💡
Ubusobanuro nyabwo
Igisubizo nyacyo kiboneka ku nyuguti ya B. Ibi bishingiye ku mategeko y'izina kwayo y'umuhanda mu Rwanda.