Uri umuyobozi wa velomoteri, uhuye n’umwe munshuti zawe agusaba ko wa mutwara ukamusiga ku’wundi muhanda. ufite imyaka
18 ariko nta ngofero yindi yabigenewe ufite. wamutwara?
A
yego
B
yego usibye urugendo rurerure
C
yego usibye urugendo rugufi
D
Oya
💡
Ubusobanuro nyabwo
Igisubizo nyacyo kiboneka ku nyuguti ya D. Ibi bishingiye ku mategeko y'izina kwayo y'umuhanda mu Rwanda.