Uri umuyobozi wa velomoteri, uhuye n’umwe munshuti zawe agusaba ko wa mutwara ukamusiga ku’wundi muhanda. ufite imyaka 18 ariko nta ngofero yindi yabigenewe ufite. wamutwara?

Ibisobanuro mu mashusho
A
yego
B
yego usibye urugendo rurerure
C
yego usibye urugendo rugufi
D
Oya
💡

Ubusobanuro nyabwo

Igisubizo nyacyo kiboneka ku nyuguti ya D. Ibi bishingiye ku mategeko y'izina kwayo y'umuhanda mu Rwanda.

Witeguye Ikizamini?

Gerageza ikizamini cyuzuye gifite ibibazo 20 nk'ibyo mu kigo cy'igihugu cy'igipolisi.

Tangira Imyitozo →
Igikurikiyeho