N’iyihe myifatire myiza wagira ugeze aho abana bari hafi y’inzira nyabagendwa?

Ibisobanuro mu mashusho
A
Itonde , witegereze ni biba ngongwa ubaburire unitegura kuba wahagarara
B
Ihute urenge aho abo bana bari
C
Komeza ugume ku muvuduko munini
D
Komeza ugendere kuruhande rw’iburyo
💡

Ubusobanuro nyabwo

Igisubizo nyacyo kiboneka ku nyuguti ya A. Ibi bishingiye ku mategeko y'izina kwayo y'umuhanda mu Rwanda.

Witeguye Ikizamini?

Gerageza ikizamini cyuzuye gifite ibibazo 20 nk'ibyo mu kigo cy'igihugu cy'igipolisi.

Tangira Imyitozo →
Igikurikiyeho