Umuyobozi w’ikinyabiziga yegereye aho umwana w’umuhungu utwaye akagare k’abana asezera ku nshuti ye . N’iyihe myifatire myiza wagira imbere yabo?

Ibisobanuro mu mashusho
A
Ikomereze nkaho ataragera munzira nyabagendwa
B
Itegure kureka uwo mwana w’umuhungu atambuke, kuko yajya mu muhanda atitaye ku kinyabiziga cyawe
C
Gabanya umuvuduko ubwire uwo mwana yambuke ukoresheje ibimenyetso
D
Komeza nkaho uwo mwana akiri munzira y’abanyamaguru
💡

Ubusobanuro nyabwo

Igisubizo nyacyo kiboneka ku nyuguti ya B. Ibi bishingiye ku mategeko y'izina kwayo y'umuhanda mu Rwanda.

Witeguye Ikizamini?

Gerageza ikizamini cyuzuye gifite ibibazo 20 nk'ibyo mu kigo cy'igihugu cy'igipolisi.

Tangira Imyitozo →
Igikurikiyeho