Umuyobozi w’ikinyabiziga ugeze mu isangano ry’umuhanda ugenzurwa ni ibimenyetso by’amatara yaka agasanga ataka (adakora), yakora iki?

A
Guca mu isangano n’ubwitonzi nkaho ntakimenyetso kikuyobora kirimo, witondera abandi bayobozi b’ibinyabiziga
B
Gutwara neza ntagutinda mw’isangano
C
Guhagarara mw’isangano no guha inzira abayobozi b’ibinyabiziga baturuka iburyo bwawe
D
Gucana amatara yose ndanga cyerekezo ugakomeza
💡

Ubusobanuro nyabwo

Igisubizo nyacyo kiboneka ku nyuguti ya A. Ibi bishingiye ku mategeko y'izina kwayo y'umuhanda mu Rwanda.

Witeguye Ikizamini?

Gerageza ikizamini cyuzuye gifite ibibazo 20 nk'ibyo mu kigo cy'igihugu cy'igipolisi.

Tangira Imyitozo →
Igikurikiyeho