Ni iki umuyobozi w’ikinyabiziga yakora ahuye n’ishyo ry’amatungo munzira nyabagendwa?

A
Kuvuza ihoni kugirango ayo matungo atambuke
B
Umuyobozi w’ikinyabiziga agomba kugabanya umuvuduko no gutambukana ubwitonzi
C
Kwatsa amatara maremare n’amagufi no gutambuka vuba bishoboka
D
Kuvuza ihoni no gutambukana ubwitonzi
💡

Ubusobanuro nyabwo

Igisubizo nyacyo kiboneka ku nyuguti ya B. Ibi bishingiye ku mategeko y'izina kwayo y'umuhanda mu Rwanda.

Witeguye Ikizamini?

Gerageza ikizamini cyuzuye gifite ibibazo 20 nk'ibyo mu kigo cy'igihugu cy'igipolisi.

Tangira Imyitozo →
Igikurikiyeho