Ni ubuhe buryo bwiza bwakurikizwa igihe hari umuntu wakomerekeye mu mpanuka yo mu muhanda ?

A
Ku mushyira kunkengero y’umuhanda
B
Kutamukuramo keretse mugihe hari ibyago byaterwa n’inkogi y’umuriro cyangwa akaba ashobora kugongwa n’ikindi kinyabiziga no guhamagara ababishinzwe
C
Gusaba uwakomeretse kunyeganyeza ibice by’umubiri kugirano umenye aho ibikomere bye bigarukira
D
Guhumuriza uwakometse ukamuha ikinyobwo gikonje
💡

Ubusobanuro nyabwo

Igisubizo nyacyo kiboneka ku nyuguti ya B. Ibi bishingiye ku mategeko y'izina kwayo y'umuhanda mu Rwanda.

Witeguye Ikizamini?

Gerageza ikizamini cyuzuye gifite ibibazo 20 nk'ibyo mu kigo cy'igihugu cy'igipolisi.

Tangira Imyitozo →
Igikurikiyeho