Igihe umuyobozi w’ikinyabiziga agendera munzira y’icyerekezo kimwe akifuza gukata ibumoso yakora iki?

A
gutwara yegera umurongo wo hagati mu muhanda yerekeza ibumoso
B
gutwara yegera uruhande rw’iburyo bw’umuhanda
C
gutwara yegera ku uruhande rw’ibumoso bw’umuhanda
D
Gutwarira hafi y’umurongo ugabanya umuhanda mo kabili
💡

Ubusobanuro nyabwo

Igisubizo nyacyo kiboneka ku nyuguti ya C. Ibi bishingiye ku mategeko y'izina kwayo y'umuhanda mu Rwanda.

Witeguye Ikizamini?

Gerageza ikizamini cyuzuye gifite ibibazo 20 nk'ibyo mu kigo cy'igihugu cy'igipolisi.

Tangira Imyitozo →
Igikurikiyeho