Umuyobozi w’ikinyabizaga uri kugendera mu muhanda w’ibyerekezo bibiri nuruhe ruhande rw’umuhanda agomba gukoresha ?

A
uruhande rw’ibumoso bw’umuhanda uretse igihe atawaye imashini zihinga cyangwa zikoreshwa indi mirimo
B
Mu gice cy;umuhanda yumva ashaka
C
Mu gice cy’iburyo bw’umuhanda uretse igihe ashaka kunyuranaho cyangwa gukata ibumoso
D
Ku ruhande rw’ibumoso bw’umuhanda
💡

Ubusobanuro nyabwo

Igisubizo nyacyo kiboneka ku nyuguti ya C. Ibi bishingiye ku mategeko y'izina kwayo y'umuhanda mu Rwanda.

Witeguye Ikizamini?

Gerageza ikizamini cyuzuye gifite ibibazo 20 nk'ibyo mu kigo cy'igihugu cy'igipolisi.

Tangira Imyitozo →
Igikurikiyeho