Igihe umuyobozi w’ikinyabiziga atwaye mu muhanda urombereje w’ibice byinshi agomba kugendera mu kihe gice cy’umuhanda ?

A
Kugendera mugice icyo aricyo cyose kirimo ibinyabiziga bike
B
Kugendera kugice cy’ibumoso keretse ushaka gusohokera iburyo
C
Kugendera mu gice cy’iburyo bw’umuhanda keretse ushaka kunyuranaho
D
Ntagutwarira mu ruhande rw’iburyo bw’umuhanda kuko hagenewe imodoka ziremereye n’imodoka nini zitwara abantu.
💡

Ubusobanuro nyabwo

Igisubizo nyacyo kiboneka ku nyuguti ya C. Ibi bishingiye ku mategeko y'izina kwayo y'umuhanda mu Rwanda.

Witeguye Ikizamini?

Gerageza ikizamini cyuzuye gifite ibibazo 20 nk'ibyo mu kigo cy'igihugu cy'igipolisi.

Tangira Imyitozo →
Igikurikiyeho