Umuyobozi w’ikinyabiziga yakora iki igihe ageze aho banyura bazenguruka?

A
Tanga inzira ku binyabiziga byamaze kwinjira aho banyura bazunguruka
B
Tanga inzira kubinyabiziga biremereye gusa
C
Tanga inzira gusa niba uri munzira ya kabiri niya gatatu isohoka
D
Komeza kuko abandi bayobozi b’ibinyabiziga bagomba kuguha inzira yo gukomeza
💡

Ubusobanuro nyabwo

Igisubizo nyacyo kiboneka ku nyuguti ya A. Ibi bishingiye ku mategeko y'izina kwayo y'umuhanda mu Rwanda.

Witeguye Ikizamini?

Gerageza ikizamini cyuzuye gifite ibibazo 20 nk'ibyo mu kigo cy'igihugu cy'igipolisi.

Tangira Imyitozo →
Igikurikiyeho