Icyapa kimenyesha kugendera mu muhanda ubisikanirwamo gifite:

A
Ishusho y’uruziga mw’ibara ritukura, ubuso bwera n’ikirango cy’umukara
B
Ishusho ya mpandeshatu mw’ibara ritukura, ubuso bwera n’ikirango cy’umukara
C
Ishusho ya mpandeshatu mw’ibara ritukura, ubuso bw’ubururu n’ikirango cy’umukara
D
Ishusho y’uruziga mw’ibara ritukura, ubuso bw’ubururu n’ikirango cy’umukara
💡

Ubusobanuro nyabwo

Igisubizo nyacyo kiboneka ku nyuguti ya B. Ibi bishingiye ku mategeko y'izina kwayo y'umuhanda mu Rwanda.

Witeguye Ikizamini?

Gerageza ikizamini cyuzuye gifite ibibazo 20 nk'ibyo mu kigo cy'igihugu cy'igipolisi.

Tangira Imyitozo →
Igikurikiyeho