Ibyapa biburira nibyo gutambuka mbere birangwa:

A
ishusho mpandeshatu mw’ibara ritukura , ubuso bwera n’ ikiranga mu ibara ry’umukara
B
ishusho mpandeshatu mw’ibara ritukura,ubuso bw’ubururu n’ikiranga mu ibara ry’umukara
C
ishusho y’uruziga mw’ibara ritukura,ubuso bw’ubururu n’ikiranga mu ibara ry’umukara
D
ishusho y’uruziga mw’ibara ritukura,ubuso bwera n’ikiranga mu ibara ry’umukara
💡

Ubusobanuro nyabwo

Igisubizo nyacyo kiboneka ku nyuguti ya A. Ibi bishingiye ku mategeko y'izina kwayo y'umuhanda mu Rwanda.

Witeguye Ikizamini?

Gerageza ikizamini cyuzuye gifite ibibazo 20 nk'ibyo mu kigo cy'igihugu cy'igipolisi.

Tangira Imyitozo →
Igikurikiyeho